Jean de Dieu AMANI, Umwunganizi mu by`Amategeko mu rugaga rw`abavoka mu Rwanda akaba n`umwe mu bagize umuryango w`abavoka b`Afurika y`Iburasirazuba (EALS), afite uburambe bw`imyaka hafi 20 mu kunganira abandi mu nkiko no mu nzego zifata ibyemezo, gutanga ubujyanama mu by`amategeko no kubahagararira, Noteri mu by`ubutaka wikorera, akaba kandi na YouTuber (UMUSANZU LTV), yiteguye kubafasha abaha serivisi nziza no kurengera inyungu zanyu, akorana ubunyamwuga n`ubumuntu.
Menya byinshiDutanga ubujyanama mu by’amategeko k'umuntu wese ushaka kwirinda stress cyangwa guta umwanya mu bajyanama benshi badatanga igisubizo cy'ikibazo afite.
Dutanga ubujyanama mu by’amategeko mu gihe gito hifashishijwe uburyo koranabuhanga tugamije korohereza buri wese kubona serivisi ku giciro cyoroheje, kandi bitabaye ngombwa kugera ku biro.
Dutanga ubujyana mu by'amategeko busaba ubushakashatsi, ku giciro cyiza kandi kinyamwuga
Ku giciro cyoroheye buri wese dutanga ubujyanama mu by'amategeko hagendewe ku masezeranyo y'ifatabuguzi tugiranye.
Twunganira abandi cg kubahagararira mu manza nshinjabyaha ziregwamo ibyaha bya gisirikare, ibyaha bisanzwe, ibya politiki, ibyaha bya jenoside, iby’iterabwoba n’ibyo gufata abantu ho ingwate, gucuruza abantu, ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu
Ibibazo birebana n'imanza z'ubutegetsi dutanga ubujyanama mu mategeko, kunganira cyangwa guhagararira abantu mu nkiko, cyangwa mu nzego zifata ibyemezo
Gutanga ubujyanama mu by'amategeko, guhagararira abandi mu nkiko cyangwa kubunganira ni umukoro wacu
Dutanga ubujyanama mu bibazo bijyanye n'ubwishingizi bw'ibinyabiziga, kuburanira cyangwa kunganira ababurana indishyi zikomoka ku mpanuka
Dutanga ubufasha mu by'amategeko ku bafite ibibazo bijyanye n'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro na kariyeri
Dutanga ubujyanama mu by'amategeko ku bahuye n'impanuka zo mu birombe
LEX SERVUS LAW FIRM itanga ubujyanama mu by'amategeko mu bijyanye n'umurimo
Dutanga ubujyanama mu by'amategeko mu byerekeye imisoro
Dutanga ubujyanama mu by'amategeko mu bibazo birebana n'umuryango, uburenganzira bw’umwana n’uburyozwe bw’indishyi, impano, indagano n’izungura
Dutanga ubujyanama mu mategeko mu byerekeye umutungo mu by'ubwenge
Dutanga ubujyanama mu by'amategeko mu bibazo byerekeye ikoranabuhanga n'ubuhanga bushya bw'itangazabumenyi n'itumanaho
Dufite izindi serivisi z'ingirakamaro dutanga. Mutoranye izo mukeneye, turi hano kubwanyu
Dept Recovery
Jean de Dieu AMANI, Umwunganizi mu by`Amategeko mu rugaga rw`abavoka mu Rwanda akaba n`umwe mu bagize umuryango w`abavoka b`Afurika y`Iburasirazuba (EALS), afite uburambe bw`imyaka hafi 20 mu kunganira abandi mu nkiko no mu nzego zifata ibyemezo, gutanga ubujyanama mu by`amategeko no kubahagararira, Noteri mu by`ubutaka wikorera, akaba kandi na YouTuber (UMUSANZU LTV), yiteguye kubafasha abaha serivisi nziza no kurengera inyungu zanyu, akorana ubunyamwuga n`ubumuntu.
NYABUGOGO, Kwa MANU PLAZA, LEX SERVUS LAW FIRM, KN 1 Rd, KN 20 AV, Kigali, Rwanda Hafi ya Gare ya Nyabugogo
info@me-amani.com
© Maître AMANI - Your Legal Guidance 2025 All Rights Reserved.
Developed by A++ LABS